Imyitozo ya online ikunze kuvugururwa hagendewe ku buryo ibizamini bya Polisi y’u Rwanda (RNP) bitegurwa muri uyu mwaka wa 2025. 2. Ibyibandwaho mu myitozo y’amategeko y’umuhanda 2025
Gerageza kumva impamvu itegeko rimeze rtyo. Ibyo bituma niyo bahindura amagambo mu kibazo, ushobora kubona igisubizo cy'ukuri.